Réseau des Femmes mu buvugizi bwo kuvugurura itegeko ry’ubuzima bw’imyororokere mu Rwanda
Isangano ry’abagore baharanira amajyambere y’icyaro , ryatangiye gukora ubuvugizi ku itegeko rigenga ubuzima bw’imyororokere y’abantu mu Rwanda kugira ngo zimwe mu ngingo zaryo zivugururwe.
Ku wa Gatanu tariki 06 Nzeri 2024, Umuryango...
Indyo y’umwana utangiye kurya igomba kuba ari inombe inoze – Inzobere mu mirire
Inzego z’ubuzima zigena ko umwana wujuje amezi atandatu, atangira guhabwa imfashabere kuko amashereka yonyina aba atagihagije ngo akuremo intungamubiri zose akeneye.
Cyakora, hari ababyeyi bavuga ko baha abana iyo mfashabere nyamara bikarangira...
Imbuto 7 umugore utwite atagomba kubura ku mafunguro ye ya buri munsi
Indyo yuzuye ni ingenzi ku buzima bw’umugore utwite ndetse n’umwana atwite, by’umwihariko hakiganzamo imboga n’imbuto nka bimwe mu biribwa bikize ku ntungamubi ndetse n’imyunyungugu.
Kurya imbuto n’imboga ku mugore utwite kandi bimufasha...
Gukura umwana ku ibere: hari abarisigaho urusenda, amase, n’abarishyiraho ibipfuko by’ibisebe
Konsa umwana mu buryo bwiza kandi buhagije n’ikintu inzego z’ubuzima mu Rwanda zishishikariza ababyeyi kwitaho kuko bifasha umwana gukura neza, yaba mu bwenge ndetse no mu gihagararo.
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku...
Umugabo ashobora gutera inda atasohoye- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje ko mbere yuko umugabo asohora (arangiza) hari ibindi bintu bimeze nk’ururenda byitwa ‘Pre-cum’ cyangwa se ‘Pre-Ejaculatory Fluid’ bisohoka mu gitsina cye, bishobora kuzanamo n’intanga nzima zifite ubushobozi bwo...
Ni ubuntu ! RBC yahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara ya Hepatite B na C
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara y’umwijima (Hepatite), iterwa na virusi za B na C kandi ko kuyipimisha no kuyivuza "Ni ubuntu ku Banyarwanda n’impunzi zahungiye mu gihugu...
Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox)
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyemeje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi babiri b'indwara y’ubushita bw’inkende, Monkey Pox (Mpox), ndetse ko bari kwitabwaho n'abaganga.
Aganira n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazama(RBA), Dr. Edisson...
Mu Rwanda havutse abana b’impanga 8,901 muri 2023
Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), ku mibare y’ingenzi mu buzima n’imibereho by’Abanyarwanda (Rwanda Vital Statistics Report) yo muri 2023, igaragaza ko muri uwo mwaka, mu Rwanda havutse abana 334,...
Kurya usomeza : Ni bibi cyangwa ni byiza ?
Hari abantu bamwe bavuga ko kurya umuntu asomeza, yaba amazi cyangwa se ibindi binyobwa, ari bibi ku buzima, by’umwihariko igifu.
Abo bagatanga inama ko icyiza amazi wayanywa nibura mbere y’iminota 30 ugiye...
Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire
Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi.
Soya, ni igihingwa cyo mu bwoko bw’ibinyamisogwe, ikabarirwa mu biribwa byubaka umubiri....























