Kurengera umwana: Abagurisha TINERI kubana basabwe kubicikaho mbere yuko bafatirwa ibihano

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera umwana, NCDA, kivuga ko kizakomeza gukora ubukangurambaga kugira ngo abaha ‘Tineri’ abana babicikeho ariko hakaziyambazwa n’ibihano kubadashaka kubireka. 'Tinneur' ubundi ni ikinyabutabire abasiga amarangi bakoresha bayafungura...

Ntabwo wabyibuha utariye – Inzobere mu mirire

Inzobere mu mirire no kuboneza Imirire, Mfiteyesu Leah avuga ko nta muntu ubyibuha atariye ko ahubwo abantu bagomba kwita ku bwoko bw’ibiribwa barya n'uko bakoresha umubiri wabo. Kugabanya ingano y’ibiryo ni...

Ibiribwa ukwiye kurya n’ibyo ugomba kureka mu gihe uri mu mihango

Hari abakobwa n'abagore batajya bifuza ko itariki yo kujya mu mihango yagera. ibyo, bigaterwa nuko iyo bagiye mu mihango bagira ububabare bukabije. Bamwe, bafata umwanzuro wo gufata imiti igabanya ububabare. Ariko...

Ububabare bukabije mu gihe cy’imihango: Ni ryari ukwiye kujya kwa muganga!

Kujya mu mihango; abandi banabyita kujya imugongo; hari n’ababyita kujya mu kibada, ni ubuzima ngaruka kwezi buri  mugore n’umukobwa wese udafite ikibazo cy’ubuzima agomba gucamo. Ni igihe ariko bamwe badashobora gukumbura bitewe...

Kugabanya Malaria ku gipimo cya 90%: Ni irihe banga abajyanama b’ubuzima bakoresheje?

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana , avuga ko abajyanama b’ubuzima bagize uruhare rukomeye mu gutuma Malaria igabanuka ku gipimo cya 90%.   Mu kiganiro abajyanama b’ubuzima bagiranye na Perezida wa Repubulika y’u...

Igihugu abagituye batagira ubuzima bwiza ntaho bagera – Perezida KAGAME

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ashimira abajyanama b’ubuzima ku kazi k’ubwitange bakora mu guteza imbere ubuzima bw’Abaturarwanda kuko “Igihugu abagituye batagira ubuzima bwiza ntaho bagera” Perezida Kagame yabigarutseho tariki 15...