Ubutumwa bwa AU muri Somalia bugiye guhagarara

Ubutumwa bushya bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya, buzwi nka AUSSOM (African Union Support and Stabilisation Mission in Somalia), buri mu kaga ko guhagarikwa burundu kubera ikibazo gikomeye cy’amikoro. Iyo...

DRC yatsinze u Rwanda mu rukiko

Urukiko Nyafurika Rurengera Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage (African Court on Human and Peoples’ Rights), rukorera i Arusha muri Tanzaniya,kuri uyu wa 26 kamena  rwemeje ko rufite ububasha bwo kwakira no gukomeza...

Raise Me Well for a Dignified Future: Nyarubaka Children Celebrate African Child Day 2025 ...

Laughter and excitement filled the air at the Assembly Hall of Global Civic Sharing Rwanda (GCS) as over 140 children gathered to celebrate African Child Day 2025 under the theme: “Raise...

Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nshuro ya 28 i Kigali: Ikoranabuhanga n’Ubuhinzi Muri Bimwe mu...

U Rwanda ruracyakira ibihugu n’abashoramari batandukanye mu imurikagurisha mpuzamahanga ngarukamwaka, rigiye kuba ku nshuro ya 28. Iri murikagurisha rizatangira ku itariki ya 29 Nyakanga 2025 rikazarangira ku ya 17 Kanama 2025,...

NIBA UWAHOZE ARI PEREZIDA KABILA “ATARI UMUNYEKONGO”, NI AYAHE MAHIRWE ABATUTSI BAHOHOTERWA MURI DRC...

Ubwenegihugu bwakomeje kuba ikibazo gikomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho ihohoterwa ryagiye riterwa n’abanyapolitiki bo mu burasirazuba bw’igihugu bagamije kwibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda. Uko ubutegetsi muri DRC bwagiye busimburana...

Iran ivuga ko ibiganiro kuri nucleair na leta Zunze Ubumwe za Amerika ari ‘nta...

Ntirizwi neza niba inama ya gatandatu y’ibiganiro kuri nucleair hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani izabera muri Oman ku cyumweru nk’uko byari biteganyijwe. Irani ivuga ko ibiganiro kuri porogaramu...

PSF_Rwanda yakiriye inama y’ingenzi igamije guha ba Rwiyemezamirimo bato ubushobozi binyuze mu kumenyekanisha amabwiriza...

Kuri uyu wa gatanu muri Kigali convention center hateraniye inama yagarukaga kukongera umusaruro w’ibigo bito n'ibiciriritse ariko hitabwa k’ubuziranenge kandi hakurikijwe amategeko. N’inama yahurije hamwe  minisiteri y’ubucuruzi n;inganda hamwe na’urugaga rwabikorera mu...

Abanyenshuri bari mubice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta

Muri iki cyumweru, abanyeshuri ibihumbi n’ibihumbi biga mu mashuri yisumbuye bakoze ibizamini bya leta mu burasirazuba bwa Kongo bwigaruriwe n’inyeshyambaza M23, iki kikaba ari ibintu bitoroshye by’ibikoresho bisaba ubufatanye budasanzwe hagati...

Abanyeshuri 600 bahuguwe na glaballine safaris ltd babonye akazi

Rwanda Future Skills Forum ni umurika bikorwa ryateguwe na Rwanda TVT BOARD ryatangiye kuri uyu wa 2 kanama 2025 aho abanyeshuri biga mumashuru y’ubumrnyi ngiro baje kumurika ibikorwa arinako barushanwa, n’imurika...

Nibura abantu 42 bishwe mu bitero byabaye mu mpera z’icyumweru mu ntara ya Benue...

Nibura abantu 42 barashwe bahita bapfa mu bitero byagabwe mu mpera z’icyumweru mu gace ka Gwer West, ko mu ntara ya Benue iri hagati muri Nigeria, bikekwa ko byakozwe n’aborozi, nk’uko...