Polisi yo muri Tanzaniya yatafashe abanyamahanga bashyigikiye umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi wafunzwe .

  Polisi ya Tanzaniya yataye muri yombi abaharanira uburenganzira bwa muntu bakomoka muri Kenya no muri Uganda, bari bagiye i Dar es Salaam gukurikirana isesengura ry’urubanza rwa “guhirika ubutegetsi” ruburanwamo umuyobozi w’abatavuga...

Ibitero bya Israel byahitanye abantu benshi muri Gaza, Israel ikomeza kunengwa nabenshi

Ibitero by’indege bya Israel byahitanye nibura Abanya-Palestina 50 muri Gaza kuri uyu wa Kabiri, nk’uko byatangajwe n’inzego z’ubuzima zo muri ako gace. Ibi bibaye mu gihe Israel ikomeje kugaba ibitero, nubwo...

Birangiye umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Fransisiko apfuye nyuma ya Pasika

Papa Fransisiko, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, yapfuye ku wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88. Yapfiriye mu rugo rwe rwa Casa Santa Marta...

Kenya irimo gushaka umuti w’ubucuruzi bw’icyayi muri Iran

Isoko mpuzamahanga ry’icyayi ririmo guhangana n’ibihe bigoye. Ibiciro ku isoko rya Ceylon muri Sri Lanka byagabanutse cyane bitewe n’ihungabana ry’ubukungu muri icyo gihugu, ryatumye inganda zitunganya icyayi zibura amadevize y’ingenzi. Mu...

Urukiko rukuru rw’u bwongereza rwemeje ko abagore bahinduye igitsina batabarwa nk’abagore mu mategeko

Urukiko Rukuru rw’u Bwongereza rwafashe icyemezo gikomeye cy’uko abagore bahinduye igitsina (trans women) badahura n’igisobanuro cy’amategeko y’ijambo “umugore” nk’uko riboneka mu Itegeko ry’Uburinganire (Equality Act) ryo mu 2010. Iri tegeko rigamije...

Trump yasabye Kaminuza ya Harvard gutanga raporo ku nkunga ikoresha zivuye hanze ya USA

Mu rwego rwo kurwanya ko imikorere y’amahanga ishobora kugira ingaruka ku mutekano n’ubusugire bw’igihugu, Perezida Donald Trump yasabye ko amashuri makuru yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agenzurwa ku buryo...

Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma

Uwari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Bernard Mukaralinda, witabye Imana mu ntangiriro za Mata 2025, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abayobozi mu nzego zitandukanye. Ni umuhango wabaye kuri...

U Budage bwahagaritse kwakira impunzi

U Budage bwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda yo kwakira abasaba ubuhungiro, mu gihe hakomeje ibiganiro bigamije gushinga Guverinoma nshya ihuriweho n’amashyaka adashyigikiye politiki yo kwakira abimukira. Ibiro ntaramakuru DPA byatangaje ko...

Massad Boulos wa Amerika yasuye ikirombe gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika

Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram nyinshi muri Afurika, giherereye mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa...

Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko ingabo za Leta zigaruriye turiya duce...