Trump yakuyeho abashinzwe umutekano w’umujyanama we kuri COVID-19 Anthony Fauci

Ku wa gatanu tariki ya 24 Mutarama 2025, saa 3:04 z'umugoroba ku isaha ya EST / CBS/AP, Perezida Trump yakuyeho abashinzwe umutekano wa Dr. Anthony Fauci, umuhanga mu ndwara zandura wigeze...

Donald Trump Yarahiriye Kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Yizeza “’Izahuka...

i Washington, D.C. Ku wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, Donald Trump yarahiye nka Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu muhango wabereye muri Capitol Rotunda. Uyu muhango...

Vladimir Putin yishimiye Kurahira kwa Trump kuri Manda ya Kabiri

Donald Trump yarahiriye kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya kabiri, tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu muhango wakurikiwe n’ubutumwa bukomeye bwaturutse ku bayobozi b’isi, basangiza ibyifuzo...

2024 yabaye umwaka ufite ubushyuhe bukabije mu mateka y’isi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bipimo n’ikirere, WMO, ryamaze gutangaza ko 2024 ari wo mwaka wagize ubushyuhe bukabije mu mateka, aho ubushyuhe bwiyongereye 1.55°C hejuru y’ibipimo bya bisanzwe. Ibi byateje ibiza...

RDC : Amatorero Gatolika n’Abaporotesitanti yahize kugarura umutekano

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwugarijwe n’ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka irenga 30. Nyuma y’imyaka myinshi y’ubwicanyi, kwimurwa kw’abaturage, n’ihungabana ry’ubuzima muri aka karere, amatorero n’amadini yahagurukiye gushakira...

Abagera ku 237,000 bakuwe mu byabo kubera Imvururu ziri kwiyongera mu burasirazuba bwa RDC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) hamwe n’ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi (OCHA), byagaragaje impungenge zikomeye ku mvururu ziri kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho...

Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support

  Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This initiative, which has been running for three...

Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California

Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu Karere ka Los Angeles no mu bice...

kurandura igwingira mu bana byahawe umwihariko mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cya 2025

Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n'umwana, muri uyu mwaka wa 2025 (Maternal & Child Health week 2025) cyahawe umwihariko wo kurandura igwingira mu bana, nk'uko biri mu nsanganyamatsiko igira iti “HEHE N’IGWINGIRA:...

Kwemerera ibigo nderabuzima gukuriramo umuntu inda: Intambwe ikomeye ku miryango yakoze ubuvugizi

Imwe mu miryango itari iya Leta, ikora ubuvugizi ku mategeko agenga ubuzima, by'umwihariko ubuzima bw'imyororokere, irishimira ko ibigo nderabuzima byemerewe gutanga serivisi yo gukuriramo inda abagore babyemerewe n’amategeko kuko bizafasha mu...