‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira mu buriri

Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu buryo bwo kubiyegereza kugira ngo bazakore imibonano...

U Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti mishya ivura Malaria

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kuva kuri uyu wa mbere, tariki 6 Mutarama 2025, mu bitaro byo mu gihugu hatangira koherezwa imiti ibiri mishya ivura malaria, mu...

Imibu itera Malaria yahinduye amayeri: Minisante yasabye ko hakazwa ingamba zirengagijwe

Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu...

Perezida Kagame yifatanyije mu kababaro n’imiryango y’abishwe na Marburg

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko igihugu cyifatanyije mu kababaro n'imiryango y'abahitanywe n'icyorezo cya Maburg. Yabigarutseho mu ijambo rye risoza umwaka wa 2024. Ku wa 27 Nzeri 2024 ni bwo...

Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko

Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria, ku buryo ibikorwa byo gutera umuti wica...

Iminsi 42 nta bwandu bushya: U Rwanda rwatsinze Marburg

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda (Minisante) yatangaje, kuwa Gatanu tariki 20 Ukuboza 2024, ko U Rwanda rwatsinze icyorezo cya Maburg mu buryo budasubirwaho, nyuma yo kumara iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bushya...

Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA

Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.  Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA, by’umwihariko mu rubyiruko, kiracyahangayikishije inzego z’ubuzima...

End of 16 Days of Activism Against GBV: MIGEPROF Calls for Continued Efforts to...

The Ministry of Gender and Family Promotion (MIGEPROF) has called for efforts to fight Gender-Based Violence (GBV) to continue even after the 16 Days of Activism, as the root causes of...

Abanyamakuru 9 bakoze inkuru nziza ku buzima bw’imyororokere bahembwe na HDI

Umuryango utari uwa Leta uharanira guteza imbere ubuzima bwiza mu Rwanda, HDI , wahembye abanyamakuru 9 bakoze inkuru zijyanye z’ubuzima bw’imyororokere, zahize izindi. Ni mu birori byabaye ku mugoroba wo ku...

MIGEPROF yasabye ko kurwanya GBV bitarangirana n’iminsi 16

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye ko ibikorwa byo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bitarangirana n’ubukangurambaga bw’iminsi 16 yahariwe kurwanya iryo hohotera kuko ibiritera byo bitarangiye. Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Guteza imbere...