Marburg: Iminsi 35 irashize nta bwandu bushya bubonetse

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 35 nta muntu wanduye virusi ya Marburg, cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje. Minisante yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 6...

Gasabo: Abiga muri GS Kinyinya bibukijwe ko SIDA igihari

Abanyeshuri basaga 3, 800 biga muri Groupe Scolaire Kinyinya (GS Kinyinya), yo mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo bahawe ibiganiro bibibutsa ko SIDA igihari, basabwa kuyirinda bibanda cyane ku...

Mu Rwanda abantu 9 bandura Virusi itera SIDA buri munsi: Hagiye gukorwa iki!

Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko buri munsi mu Rwanda hari abantu 9 bandura virusi itera SiDA, mu gihe abandi barindwi bicwa na SIDA. Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku...

Murahakura SIDA —Minisitiri Sabin yakebuye urubyiruko rugikorera aho

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yibukije urubyiruko ko Virusi itera SIDA igihari kandi ari bo yibasiye muri iyi minsi, abasaba gukoresha agakingirizo kuko nibakomeza kwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye “murahakura SIDA”. Uyu...

Ngoma: Ba Mudugudu n’Inshuti z’Umuryango biyemeje gukumira GBV bahereye mu ngo zabo

Bamwe mu bayobozi b'imidugudu n'inshuti z'umuryango bo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Kibungo biyemeje kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bahereye mu ngo zabo. Ni nyuma y'ibiganiro bahawe muri gahunda...

Marburg: Iminsi 21 irashize nta bwandu bushya bubonetse

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 21 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje. Minisante yabitangaje kuwa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2024,...

Marburg: Iminsi 14 irashize nta bwandu bushya bubonetse

Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 14 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje. Minisante yabitangaje mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki...

Kuba ujya mu mihango ntibisobanuye ko ubyara — Inzobere mu kuvura abagore

Inzobere mu kuvura indwara z’abagore zivuga ko kuba umugore ajya mu mihango bidasobanuye ko abyara, bityo ko umaze igihe kinini gusama byaranze yajya kwa muganga bakareba ikibitera. Ni mu gihe hari abagore...

Kuganiriza abana iby’imyororokere: Ababyeyi duhere he?

Abahanga mu buzima bw’imyororokere y’abantu bavuga ko ababyeyi bafite uruhare rukomeye mu kuganiriza abana babo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, cyakora hari ababyeyi bavuga ko batabona aho bahera baganira kuri ibyo bita ‘urukozasoni’. Impuguke...

Misiri yabaye igihugu cya kabiri cya Afurika kiranduye Malaria

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS/WHO) ryemeje ko igihugu cya Misiri kitakirangwamo indwara ya Malaria, bituma kiba igihugu cya kabiri cya Afurika kigeze kuri iyi ntego, n'icya mbere...