Abadepite ba EALA basabye Perezida Ruto gutumiza inama idasanzwe kubera ibibazo by’amikoro

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) yasabye Perezida wa Kenya, William Ruto, gutumiza inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize uwo muryango. Ni nyuma y’uko bigaragaye ko ikibazo cy’ubukungu gikomeje guteza...

NIBA UWAHOZE ARI PEREZIDA KABILA “ATARI UMUNYEKONGO”, NI AYAHE MAHIRWE ABATUTSI BAHOHOTERWA MURI DRC...

Ubwenegihugu bwakomeje kuba ikibazo gikomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho ihohoterwa ryagiye riterwa n’abanyapolitiki bo mu burasirazuba bw’igihugu bagamije kwibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda. Uko ubutegetsi muri DRC bwagiye busimburana...

Iran ivuga ko ibiganiro kuri nucleair na leta Zunze Ubumwe za Amerika ari ‘nta...

Ntirizwi neza niba inama ya gatandatu y’ibiganiro kuri nucleair hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani izabera muri Oman ku cyumweru nk’uko byari biteganyijwe. Irani ivuga ko ibiganiro kuri porogaramu...

Abanyenshuri bari mubice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta

Muri iki cyumweru, abanyeshuri ibihumbi n’ibihumbi biga mu mashuri yisumbuye bakoze ibizamini bya leta mu burasirazuba bwa Kongo bwigaruriwe n’inyeshyambaza M23, iki kikaba ari ibintu bitoroshye by’ibikoresho bisaba ubufatanye budasanzwe hagati...

Nibura abantu 42 bishwe mu bitero byabaye mu mpera z’icyumweru mu ntara ya Benue...

Nibura abantu 42 barashwe bahita bapfa mu bitero byagabwe mu mpera z’icyumweru mu gace ka Gwer West, ko mu ntara ya Benue iri hagati muri Nigeria, bikekwa ko byakozwe n’aborozi, nk’uko...

Polisi yo muri Tanzaniya yatafashe abanyamahanga bashyigikiye umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi wafunzwe .

  Polisi ya Tanzaniya yataye muri yombi abaharanira uburenganzira bwa muntu bakomoka muri Kenya no muri Uganda, bari bagiye i Dar es Salaam gukurikirana isesengura ry’urubanza rwa “guhirika ubutegetsi” ruburanwamo umuyobozi w’abatavuga...

Ibitero bya Israel byahitanye abantu benshi muri Gaza, Israel ikomeza kunengwa nabenshi

Ibitero by’indege bya Israel byahitanye nibura Abanya-Palestina 50 muri Gaza kuri uyu wa Kabiri, nk’uko byatangajwe n’inzego z’ubuzima zo muri ako gace. Ibi bibaye mu gihe Israel ikomeje kugaba ibitero, nubwo...

Birangiye umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Fransisiko apfuye nyuma ya Pasika

Papa Fransisiko, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, yapfuye ku wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88. Yapfiriye mu rugo rwe rwa Casa Santa Marta...

Kenya irimo gushaka umuti w’ubucuruzi bw’icyayi muri Iran

Isoko mpuzamahanga ry’icyayi ririmo guhangana n’ibihe bigoye. Ibiciro ku isoko rya Ceylon muri Sri Lanka byagabanutse cyane bitewe n’ihungabana ry’ubukungu muri icyo gihugu, ryatumye inganda zitunganya icyayi zibura amadevize y’ingenzi. Mu...

Urukiko rukuru rw’u bwongereza rwemeje ko abagore bahinduye igitsina batabarwa nk’abagore mu mategeko

Urukiko Rukuru rw’u Bwongereza rwafashe icyemezo gikomeye cy’uko abagore bahinduye igitsina (trans women) badahura n’igisobanuro cy’amategeko y’ijambo “umugore” nk’uko riboneka mu Itegeko ry’Uburinganire (Equality Act) ryo mu 2010. Iri tegeko rigamije...

APLICATIONS

Ingenzi Women Tennis Program: Amahirwe ku bagore n’abakobwa bifuza gukina Tennis

Ingenzi Women Tennis Program ni imwe muri za program z'umuryango utari uwa Leta witwa Ingenzi Initiative. Ifasa abagore n’abakobwa bifuza gukina umukino wa Tennis,...

HOT NEWS