Trump yasabye Kaminuza ya Harvard gutanga raporo ku nkunga ikoresha zivuye hanze ya USA
Mu rwego rwo kurwanya ko imikorere y’amahanga ishobora kugira ingaruka ku mutekano n’ubusugire bw’igihugu, Perezida Donald Trump yasabye ko amashuri makuru yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agenzurwa ku buryo...
U Budage bwahagaritse kwakira impunzi
U Budage bwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda yo kwakira abasaba ubuhungiro, mu gihe hakomeje ibiganiro bigamije gushinga Guverinoma nshya ihuriweho n’amashyaka adashyigikiye politiki yo kwakira abimukira.
Ibiro ntaramakuru DPA byatangaje ko...
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Amakuru avuga ko ingabo za Leta zigaruriye turiya duce...
Ukraine: Abasirikare b’Abashinwa 155 bari kurwanira Uburusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko Abashinwa nibura 155 barimo kurwana ku ruhande rw'Uburusiya mu ntambara.
Avuze ayo magambo nyuma yuko abarwanyi babiri b'Abashinwa bafashwe muri iki cyumweru - buba ubwa...
U Bufaransa bugiye kwemera Palestine nka Leta yigenga
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko mu Nteko Rusange ya Loni izaba mu mezi ari imbere igihugu cye kizemera ukubaho kwa Leta ya Palestine, bigamije ko n’ibindi bihugu byo mu...
Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu Banyafurika y’Epfo kandi bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe avuga...
M23 yatangaje ko yafunze ikirere cya Goma, ibuza indege kukigwaho ijya i Burundi
Mu itangazo ryo ku 26 mutarama,2025 ryasinyweho na Lawrence Kanyuka , ihuriro rya AFC/M23 yatangaje ko imaze gufunga ikirere cya Goma kuko ingabo ihanganye nazo zakoreshaga ikibuga cy'indege cya Goma mu...
Trump yatangaje impinduka ku mategeko ajyanye no gushyigikira imodoka z’amashanyarazi
Trump yavuze ko azahagarika inkunga ishyigikira ikorwa ry’imodoka z'amashanyarazi nk'uko zari zateganijwe n’Itegeko rya "Inflation Reduction Act" y'inkunga za miliyari $145 zashyizweho na Biden zo guteza imbere imodoka z’amashanyarazi, bikaba bishobora...
Trump yakuyeho abashinzwe umutekano w’umujyanama we kuri COVID-19 Anthony Fauci
Ku wa gatanu tariki ya 24 Mutarama 2025, saa 3:04 z'umugoroba ku isaha ya EST / CBS/AP, Perezida Trump yakuyeho abashinzwe umutekano wa Dr. Anthony Fauci, umuhanga mu ndwara zandura wigeze...
Donald Trump Yarahiriye Kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Yizeza “’Izahuka...
i Washington, D.C. Ku wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, Donald Trump yarahiye nka Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu muhango wabereye muri Capitol Rotunda. Uyu muhango...



























