kurandura igwingira mu bana byahawe umwihariko mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cya 2025
Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n'umwana, muri uyu mwaka wa 2025 (Maternal & Child Health week 2025) cyahawe umwihariko wo kurandura igwingira mu bana, nk'uko biri mu nsanganyamatsiko igira iti “HEHE N’IGWINGIRA:...
U Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti mishya ivura Malaria
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kuva kuri uyu wa mbere, tariki 6 Mutarama 2025, mu bitaro byo mu gihugu hatangira koherezwa imiti ibiri mishya ivura malaria, mu...
Perezida Kagame yifatanyije mu kababaro n’imiryango y’abishwe na Marburg
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko igihugu cyifatanyije mu kababaro n'imiryango y'abahitanywe n'icyorezo cya Maburg.
Yabigarutseho mu ijambo rye risoza umwaka wa 2024.
Ku wa 27 Nzeri 2024 ni bwo...



















