Kwemerera ibigo nderabuzima gukuriramo umuntu inda: Intambwe ikomeye ku miryango yakoze ubuvugizi
Imwe mu miryango itari iya Leta, ikora ubuvugizi ku mategeko agenga ubuzima, by'umwihariko ubuzima bw'imyororokere, irishimira ko ibigo nderabuzima byemerewe gutanga serivisi yo gukuriramo inda abagore babyemerewe n’amategeko kuko bizafasha mu...
‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira mu buriri
Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu buryo bwo kubiyegereza kugira ngo bazakore imibonano...
Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA, by’umwihariko mu rubyiruko, kiracyahangayikishije inzego z’ubuzima...
Abanyamakuru 9 bakoze inkuru nziza ku buzima bw’imyororokere bahembwe na HDI
Umuryango utari uwa Leta uharanira guteza imbere ubuzima bwiza mu Rwanda, HDI , wahembye abanyamakuru 9 bakoze inkuru zijyanye z’ubuzima bw’imyororokere, zahize izindi.
Ni mu birori byabaye ku mugoroba wo ku...
MIGEPROF yasabye ko kurwanya GBV bitarangirana n’iminsi 16
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye ko ibikorwa byo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bitarangirana n’ubukangurambaga bw’iminsi 16 yahariwe kurwanya iryo hohotera kuko ibiritera byo bitarangiye.
Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Guteza imbere...
Marburg: Iminsi 35 irashize nta bwandu bushya bubonetse
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 35 nta muntu wanduye virusi ya Marburg, cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje.
Minisante yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 6...
Gasabo: Abiga muri GS Kinyinya bibukijwe ko SIDA igihari
Abanyeshuri basaga 3, 800 biga muri Groupe Scolaire Kinyinya (GS Kinyinya), yo mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo bahawe ibiganiro bibibutsa ko SIDA igihari, basabwa kuyirinda bibanda cyane ku...
Mu Rwanda abantu 9 bandura Virusi itera SIDA buri munsi: Hagiye gukorwa iki!
Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko buri munsi mu Rwanda hari abantu 9 bandura virusi itera SiDA, mu gihe abandi barindwi bicwa na SIDA.
Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku...
Murahakura SIDA —Minisitiri Sabin yakebuye urubyiruko rugikorera aho
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yibukije urubyiruko ko Virusi itera SIDA igihari kandi ari bo yibasiye muri iyi minsi, abasaba gukoresha agakingirizo kuko nibakomeza kwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye “murahakura SIDA”.
Uyu...
Ngoma: Ba Mudugudu n’Inshuti z’Umuryango biyemeje gukumira GBV bahereye mu ngo zabo
Bamwe mu bayobozi b'imidugudu n'inshuti z'umuryango bo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Kibungo biyemeje kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bahereye mu ngo zabo.
Ni nyuma y'ibiganiro bahawe muri gahunda...

























