Kuba ujya mu mihango ntibisobanuye ko ubyara — Inzobere mu kuvura abagore

Inzobere mu kuvura indwara z’abagore zivuga ko kuba umugore ajya mu mihango bidasobanuye ko abyara, bityo ko umaze igihe kinini gusama byaranze yajya kwa muganga bakareba ikibitera. Ni mu gihe hari abagore...

Kuganiriza abana iby’imyororokere: Ababyeyi duhere he?

Abahanga mu buzima bw’imyororokere y’abantu bavuga ko ababyeyi bafite uruhare rukomeye mu kuganiriza abana babo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, cyakora hari ababyeyi bavuga ko batabona aho bahera baganira kuri ibyo bita ‘urukozasoni’. Impuguke...

Twumve ko ari ibisanzwe – Minisitiri Uwimana yasabye abagabo kudaharira abagore imirimo yo mu...

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée yasabye abagabo gufatanya n'abagore babo imirimo yo mu rugo idahemberwa kandi ko gukora iyo mirimo ari ibintu bisanzwe.“ Twumveko ari ibisanzwe” Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku...

Minisante yashimangiye ko Virusi ya Marburg itakwiriye mu gihugu

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko kugeza ubu, ibipimo bibereka ko virusi ya Marburg itakwiriye mu gihugu. Mu butumwa Minisante itanga buri munsi, bugaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu gihugu,...

Impamvu yemewe, muganga wemewe, ahantu hemewe, igihe inda ifite: ibintu bine ugomba kuzirikana mbere...

Mu Rwanda, kugira ngo umugore cyangwa umukobwa ahabwe serivisi yo gukuramo inda mu buryo bwizewe kandi bwemewe n’amategeko (Safe abortion) ni uko aba ari mu byiciro bitanu by’abo itegeko ryemerera guhabwa...

U Rwanda rugiye gutangira gukingira virusi ya Marburg

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki 06 Ukwakira 2024, u Rwanda rutangira gukingira virusi ya Marburg, haherewe ku baganga n’abakora mu mavuriro. Yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye...

OMS na Tiktok mu bufatanye bwo guteza imbere ubuzima ku Isi

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS/WHO) n'urubuga nkoranyambaga rwa Tiktok batangije ubufatanye bw'umwaka umwe, bugamije gutangaza amakuru y'ubuzima yizewe. Mu nkuru yanditswe kuri website ya OMS, tariki 26 Nzeri...

Ingenzi Women Tennis Program: Amahirwe ku bagore n’abakobwa bifuza gukina Tennis

Ingenzi Women Tennis Program ni imwe muri za program z'umuryango utari uwa Leta witwa Ingenzi Initiative. Ifasa abagore n’abakobwa bifuza gukina umukino wa Tennis, ibaha imyitozo ndetse no kubategurira amarushanwa. Ndugu Philbert,...

Réseau des Femmes mu buvugizi bwo kuvugurura itegeko ry’ubuzima bw’imyororokere mu Rwanda

Isangano ry’abagore baharanira amajyambere y’icyaro , ryatangiye gukora ubuvugizi ku itegeko rigenga ubuzima bw’imyororokere y’abantu mu Rwanda kugira ngo zimwe mu ngingo zaryo zivugururwe. Ku wa Gatanu tariki 06 Nzeri 2024, Umuryango...

Umugabo ashobora gutera inda atasohoye- Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje ko mbere yuko umugabo asohora (arangiza) hari ibindi bintu bimeze nk’ururenda byitwa ‘Pre-cum’ cyangwa se ‘Pre-Ejaculatory Fluid’ bisohoka mu gitsina cye, bishobora kuzanamo n’intanga nzima zifite ubushobozi bwo...

APLICATIONS

Abanyamakuru 9 bakoze inkuru nziza ku buzima bw’imyororokere bahembwe na HDI

Umuryango utari uwa Leta uharanira guteza imbere ubuzima bwiza mu Rwanda, HDI , wahembye abanyamakuru 9 bakoze inkuru zijyanye z’ubuzima bw’imyororokere, zahize izindi. Ni...

HOT NEWS