Mu Rwanda havutse abana b’impanga 8,901 muri 2023

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), ku mibare y’ingenzi mu buzima n’imibereho by’Abanyarwanda (Rwanda Vital Statistics Report) yo muri 2023,  igaragaza ko muri uwo mwaka, mu Rwanda havutse abana 334,...

Gusama uri mu mihango birashoboka – Ubushakashatsi

Hari imyumvire ifitwe n’abatari bacye ko mu gihe umugore cyangwa umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina ari mu mihango adashobora gusa. “Ntabwo bishoboka. Impamvu nuko njye nabikoze kandi sinsame.” Uyu mukobwa ni ko...

Kubura imihango udatwite bishobora guterwa n’ikibazo gikomeye gikeneye kuvurwa

Kubura imihango ku bagore n’abakobwa, by’umwihariko abangavu ni kimwe mu bintu bibahangayikisha cyane cyane iyo bazi ko bakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye. Uretse ababura imihango bitewe nuko batwite, bonsa cyangwa se bacuze, hari...

Kumara igihe gito mu mihango no kubona imihango micye bishobora kuba ikimenyetso cy’indwara runaka

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kumara igihe gito uri mu mihango no kuva amaraso macye ugereranyije nuko bisanzwe, ibizwi nka light period, bishobora kuba ikimenyetso cy’indwara runaka. Ubushakashatsi bunyuranye bwakozwe ku bijyanye n’imihango, bwagaragaje...

Ibintu birindwi ukwiye kwitaho mu gihe ukoresha agakingirizo

Agakingirizo ni bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro, ariko kakagira n’umwihariko wo kurinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina,zirimo na Virusi itera SIDA. Ishami ry’umuryango w’Ababumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS/WHO rigaragaza...

Ushobora kubyara abana b’impanga badahuje Se – Ubushakashatsi

Kubyara abana b’impanga ni ibintu bimenyerewe mu Rwanda ndetse no ku Isi yose. Ariko hari abibaza uko bigenda ngo umugore abyare abana b’impanga. Ese ni nde ubigiramo uruhare hagati y’umugore n’umugabo!...

Kurangiza vuba: Ni nde ukeneye muganga ?

Iminota umugabo amara atera akabariro mbere yo gusoza icyo gikorwa, ni ingingo igarukwaho cyane mu biganiro bitandukanye, yaba ibinyura mu itangazamakuru ry’amajwi cg amashusho, iryandika , ku mbuga nkoranyambaga, ndetse no...

Kwanduza cyane no kuzahazwa n’indwara z’ibyuririzi: Ingaruka ku bantu bafite Virusi itera SIDA batabizi

Inzobere mu buzima bw’imyororokere zishishikariza abaturage batinya kwipimisha Virusi itera SIDA gutinyuka bakamenya uko bahagaze, kuko kubaho ufite iyi virusi utabizi bituma uyikwirakwiza byihuse kandi nawe ukazahazwa n’indwara z’ibyuririzi.  Kwisuzumisha Virusi itera...

Ibiribwa ukwiye kurya n’ibyo ugomba kureka mu gihe uri mu mihango

Hari abakobwa n'abagore batajya bifuza ko itariki yo kujya mu mihango yagera. ibyo, bigaterwa nuko iyo bagiye mu mihango bagira ububabare bukabije. Bamwe, bafata umwanzuro wo gufata imiti igabanya ububabare. Ariko...

Ububabare bukabije mu gihe cy’imihango: Ni ryari ukwiye kujya kwa muganga!

Kujya mu mihango; abandi banabyita kujya imugongo; hari n’ababyita kujya mu kibada, ni ubuzima ngaruka kwezi buri  mugore n’umukobwa wese udafite ikibazo cy’ubuzima agomba gucamo. Ni igihe ariko bamwe badashobora gukumbura bitewe...

APLICATIONS

‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira...

Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu...

HOT NEWS