Birangiye umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Fransisiko apfuye nyuma ya Pasika
Papa Fransisiko, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, yapfuye ku wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88. Yapfiriye mu rugo rwe rwa Casa Santa Marta...
Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje
Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu Karere ka Los Angeles no mu bice...
Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu Banyafurika y’Epfo kandi bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe avuga...
Urukiko rukuru rw’u bwongereza rwemeje ko abagore bahinduye igitsina batabarwa nk’abagore mu mategeko
Urukiko Rukuru rw’u Bwongereza rwafashe icyemezo gikomeye cy’uko abagore bahinduye igitsina (trans women) badahura n’igisobanuro cy’amategeko y’ijambo “umugore” nk’uko riboneka mu Itegeko ry’Uburinganire (Equality Act) ryo mu 2010. Iri tegeko rigamije...
Kamonyi: GCS Rwanda Celebrates a Decade of Empowerment and Sustainable Development for Vulnerable People...
The Korean Civil Society Organization Global Civic Sharing (GCS) Rwanda celebrates a decade of empowerment and sustainable development in the Nyarubaka sector of Rwanda's southern province. GCS Rwanda has been implementing...
2024 yabaye umwaka ufite ubushyuhe bukabije mu mateka y’isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bipimo n’ikirere, WMO, ryamaze gutangaza ko 2024 ari wo mwaka wagize ubushyuhe bukabije mu mateka, aho ubushyuhe bwiyongereye 1.55°C hejuru y’ibipimo bya bisanzwe. Ibi byateje ibiza...
Mu Rwanda Hatangiye Ibizamini Bisoza Amashuri Abanza abakobwa nibo benshi kuruta abahungu
Uyu munsi mu gihugu hose hatangiye ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza. Ni ibizamini biteganijwe kuzamara iminsi itatu, bikaba byitabiriwe n’abanyeshuri ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu gihugu hose, harimo...
PSF_Rwanda yakiriye inama y’ingenzi igamije guha ba Rwiyemezamirimo bato ubushobozi binyuze mu kumenyekanisha amabwiriza...
Kuri uyu wa gatanu muri Kigali convention center hateraniye inama yagarukaga kukongera umusaruro w’ibigo bito n'ibiciriritse ariko hitabwa k’ubuziranenge kandi hakurikijwe amategeko.
N’inama yahurije hamwe minisiteri y’ubucuruzi n;inganda hamwe na’urugaga rwabikorera mu...
RDC : Amatorero Gatolika n’Abaporotesitanti yahize kugarura umutekano
Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwugarijwe n’ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka irenga 30. Nyuma y’imyaka myinshi y’ubwicanyi, kwimurwa kw’abaturage, n’ihungabana ry’ubuzima muri aka karere, amatorero n’amadini yahagurukiye gushakira...
Trump yasabye Kaminuza ya Harvard gutanga raporo ku nkunga ikoresha zivuye hanze ya USA
Mu rwego rwo kurwanya ko imikorere y’amahanga ishobora kugira ingaruka ku mutekano n’ubusugire bw’igihugu, Perezida Donald Trump yasabye ko amashuri makuru yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agenzurwa ku buryo...



























