Mu Rwanda Hatangiye Ibizamini Bisoza Amashuri Abanza abakobwa nibo benshi kuruta abahungu

Uyu munsi mu gihugu hose hatangiye ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza. Ni ibizamini biteganijwe kuzamara iminsi itatu, bikaba byitabiriwe n’abanyeshuri ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu gihugu hose, harimo...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu Banyafurika y’Epfo kandi bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe avuga...

RDC : Amatorero Gatolika n’Abaporotesitanti yahize kugarura umutekano

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwugarijwe n’ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka irenga 30. Nyuma y’imyaka myinshi y’ubwicanyi, kwimurwa kw’abaturage, n’ihungabana ry’ubuzima muri aka karere, amatorero n’amadini yahagurukiye gushakira...

Ubutumwa bwa AU muri Somalia bugiye guhagarara

Ubutumwa bushya bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya, buzwi nka AUSSOM (African Union Support and Stabilisation Mission in Somalia), buri mu kaga ko guhagarikwa burundu kubera ikibazo gikomeye cy’amikoro. Iyo...

Umuryango w’ubumwe bw’uburayi wamaganye uguceceka kw’ibihugu by’ Afurika ku ntambara y’Uburusiya na Ukraine

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje impungenge zikomeye ku myitwarire y’ibihugu bya Afurika, byihagararaho mu buryo bwo kwirinda gufata uruhande mu ntambara hagati ya Ukraine na Russia. EU ivuga ko iyi...

Trump yatangaje impinduka ku mategeko ajyanye no gushyigikira imodoka z’amashanyarazi

  Trump yavuze ko azahagarika inkunga ishyigikira ikorwa ry’imodoka z'amashanyarazi nk'uko zari zateganijwe n’Itegeko rya "Inflation Reduction Act" y'inkunga za miliyari $145 zashyizweho na Biden zo guteza imbere imodoka z’amashanyarazi, bikaba bishobora...

Birangiye umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Fransisiko apfuye nyuma ya Pasika

Papa Fransisiko, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, yapfuye ku wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88. Yapfiriye mu rugo rwe rwa Casa Santa Marta...

U Rwanda rwijeje umutekano abaturage barwo baturiye ahabera imirwano muri Congo

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko nubwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’Ingabo z’icyo gihugu, umutekano w’u Rwanda n’uw’Abanyarwanda ku...

Kamonyi: GCS Rwanda Celebrates a Decade of Empowerment and Sustainable Development for Vulnerable People...

The Korean Civil Society Organization Global Civic Sharing (GCS) Rwanda celebrates a decade of empowerment and sustainable development in the Nyarubaka sector of Rwanda's southern province. GCS Rwanda has been implementing...

Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nshuro ya 28 i Kigali: Ikoranabuhanga n’Ubuhinzi Muri Bimwe mu...

U Rwanda ruracyakira ibihugu n’abashoramari batandukanye mu imurikagurisha mpuzamahanga ngarukamwaka, rigiye kuba ku nshuro ya 28. Iri murikagurisha rizatangira ku itariki ya 29 Nyakanga 2025 rikazarangira ku ya 17 Kanama 2025,...

APLICATIONS

Israel yarashe gaza ikubita ibisasu, ihitana abantu 60 mbere y’imishyikirano ku...

Mu gihe isi ikomeje gusaba ko intambara ihagarara, Israel yongeye kugaba ibitero bikomeye ku gace ka Gaza ku wa Mbere, aho byahitanye abantu nibura...

HOT NEWS