Nibura abantu 42 bishwe mu bitero byabaye mu mpera z’icyumweru mu ntara ya Benue...

Nibura abantu 42 barashwe bahita bapfa mu bitero byagabwe mu mpera z’icyumweru mu gace ka Gwer West, ko mu ntara ya Benue iri hagati muri Nigeria, bikekwa ko byakozwe n’aborozi, nk’uko...

Birangiye umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Fransisiko apfuye nyuma ya Pasika

Papa Fransisiko, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, yapfuye ku wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88. Yapfiriye mu rugo rwe rwa Casa Santa Marta...

Kenya irimo gushaka umuti w’ubucuruzi bw’icyayi muri Iran

Isoko mpuzamahanga ry’icyayi ririmo guhangana n’ibihe bigoye. Ibiciro ku isoko rya Ceylon muri Sri Lanka byagabanutse cyane bitewe n’ihungabana ry’ubukungu muri icyo gihugu, ryatumye inganda zitunganya icyayi zibura amadevize y’ingenzi. Mu...

Urukiko rukuru rw’u bwongereza rwemeje ko abagore bahinduye igitsina batabarwa nk’abagore mu mategeko

Urukiko Rukuru rw’u Bwongereza rwafashe icyemezo gikomeye cy’uko abagore bahinduye igitsina (trans women) badahura n’igisobanuro cy’amategeko y’ijambo “umugore” nk’uko riboneka mu Itegeko ry’Uburinganire (Equality Act) ryo mu 2010. Iri tegeko rigamije...

Trump yasabye Kaminuza ya Harvard gutanga raporo ku nkunga ikoresha zivuye hanze ya USA

Mu rwego rwo kurwanya ko imikorere y’amahanga ishobora kugira ingaruka ku mutekano n’ubusugire bw’igihugu, Perezida Donald Trump yasabye ko amashuri makuru yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agenzurwa ku buryo...

Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma

Uwari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Bernard Mukaralinda, witabye Imana mu ntangiriro za Mata 2025, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abayobozi mu nzego zitandukanye. Ni umuhango wabaye kuri...

Massad Boulos wa Amerika yasuye ikirombe gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika

Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram nyinshi muri Afurika, giherereye mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu Banyafurika y’Epfo kandi bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe avuga...

U Rwanda rwijeje umutekano abaturage barwo baturiye ahabera imirwano muri Congo

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko nubwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’Ingabo z’icyo gihugu, umutekano w’u Rwanda n’uw’Abanyarwanda ku...

M23 yatangaje ko yafunze ikirere cya Goma, ibuza indege kukigwaho ijya i Burundi

Mu itangazo ryo ku 26 mutarama,2025 ryasinyweho na Lawrence Kanyuka , ihuriro rya AFC/M23 yatangaje ko imaze gufunga ikirere cya Goma kuko ingabo ihanganye nazo zakoreshaga ikibuga cy'indege cya Goma mu...

APLICATIONS

RGB yashyizeho amabwiriza yo gukumira virusi ya Marburg mu nsemgero no...

Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere(RGB), rwashyizeho amabwiriza yo gukumira ikwirakwira ya virusi ya Marburg mu nsemgero no mu misigiti. Ni mu itangazo uru rwego rwashyize hanze kuri...

HOT NEWS