Indyo y’umwana utangiye kurya igomba kuba ari inombe inoze – Inzobere mu mirire

Inzego z’ubuzima zigena ko umwana wujuje amezi atandatu, atangira guhabwa imfashabere kuko amashereka yonyina aba atagihagije ngo akuremo intungamubiri zose akeneye. Cyakora, hari ababyeyi bavuga ko baha abana iyo mfashabere nyamara bikarangira...

Gukura umwana ku ibere: hari abarisigaho urusenda, amase, n’abarishyiraho ibipfuko by’ibisebe

Konsa umwana mu buryo bwiza kandi buhagije n’ikintu inzego z’ubuzima mu Rwanda zishishikariza ababyeyi kwitaho kuko bifasha umwana gukura neza, yaba mu bwenge ndetse no mu gihagararo. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku...

kurandura igwingira mu bana byahawe umwihariko mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cya 2025

Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n'umwana, muri uyu mwaka wa 2025 (Maternal & Child Health week 2025) cyahawe umwihariko wo kurandura igwingira mu bana, nk'uko biri mu nsanganyamatsiko igira iti “HEHE N’IGWINGIRA:...

Ese koko Celeri zitera uburemba ku bagabo ! – Igisubizo cy’inzobere mu mirire

Ni imyumvire bigoye kumenya aho Abanyarwanda bayikuye nyamara ifitwe n’abatari bacye, bagira bati "Celeri ntabwo nazitekera umugabo !" Impa uyu mugore na bagenzi be bahurizaho ituma mu birungo bagura batashyiramo celeri (celerie-...

Mu Rwanda Hatangiye Ibizamini Bisoza Amashuri Abanza abakobwa nibo benshi kuruta abahungu

Uyu munsi mu gihugu hose hatangiye ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza. Ni ibizamini biteganijwe kuzamara iminsi itatu, bikaba byitabiriwe n’abanyeshuri ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu gihugu hose, harimo...

Kurya usomeza : Ni bibi cyangwa ni byiza ?

Hari abantu bamwe bavuga ko kurya umuntu asomeza, yaba amazi cyangwa se ibindi binyobwa, ari bibi ku buzima, by’umwihariko igifu. Abo bagatanga inama ko icyiza amazi wayanywa nibura mbere y’iminota 30 ugiye...

Trump yasabye Kaminuza ya Harvard gutanga raporo ku nkunga ikoresha zivuye hanze ya USA

Mu rwego rwo kurwanya ko imikorere y’amahanga ishobora kugira ingaruka ku mutekano n’ubusugire bw’igihugu, Perezida Donald Trump yasabye ko amashuri makuru yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agenzurwa ku buryo...

Abanyeshuri 600 bahuguwe na glaballine safaris ltd babonye akazi

Rwanda Future Skills Forum ni umurika bikorwa ryateguwe na Rwanda TVT BOARD ryatangiye kuri uyu wa 2 kanama 2025 aho abanyeshuri biga mumashuru y’ubumrnyi ngiro baje kumurika ibikorwa arinako barushanwa, n’imurika...

Kutagaburira umwana amavuta bituma hari intungamubiri atabona

Inzobere mu mirire zigira inama ababyeyi kujya bashyira amavuta mu mafunguro bategurira abana babo kuko kutabikora bituma hari zimwe mu ntungamubiri z’ingenzi batabona kandi bariye ibiryo zirimo. Abaganga batanga inama ko umwana...

APLICATIONS

USAID yahagaritse gutanga ibikoresho byagenewe abarokotse ihohoterwa muri RDC

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere (USAID) cyahagaritse gahunda yo gutanga ibikoresho by'ubuvuzi byagenewe abarokotse ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu burasirazuba...

HOT NEWS