Imbuto 7 umugore utwite atagomba kubura ku mafunguro ye ya buri munsi
Indyo yuzuye ni ingenzi ku buzima bw’umugore utwite ndetse n’umwana atwite, by’umwihariko hakiganzamo imboga n’imbuto nka bimwe mu biribwa bikize ku ntungamubi ndetse n’imyunyungugu.
Kurya imbuto n’imboga ku mugore utwite kandi bimufasha...
Ntabwo wabyibuha utariye – Inzobere mu mirire
Inzobere mu mirire no kuboneza Imirire, Mfiteyesu Leah avuga ko nta muntu ubyibuha atariye ko ahubwo abantu bagomba kwita ku bwoko bw’ibiribwa barya n'uko bakoresha umubiri wabo.
Kugabanya ingano y’ibiryo ni...
Gukura umwana ku ibere: hari abarisigaho urusenda, amase, n’abarishyiraho ibipfuko by’ibisebe
Konsa umwana mu buryo bwiza kandi buhagije n’ikintu inzego z’ubuzima mu Rwanda zishishikariza ababyeyi kwitaho kuko bifasha umwana gukura neza, yaba mu bwenge ndetse no mu gihagararo.
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku...
Trump yasabye Kaminuza ya Harvard gutanga raporo ku nkunga ikoresha zivuye hanze ya USA
Mu rwego rwo kurwanya ko imikorere y’amahanga ishobora kugira ingaruka ku mutekano n’ubusugire bw’igihugu, Perezida Donald Trump yasabye ko amashuri makuru yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agenzurwa ku buryo...
Abanyeshuri 600 bahuguwe na glaballine safaris ltd babonye akazi
Rwanda Future Skills Forum ni umurika bikorwa ryateguwe na Rwanda TVT BOARD ryatangiye kuri uyu wa 2 kanama 2025 aho abanyeshuri biga mumashuru y’ubumrnyi ngiro baje kumurika ibikorwa arinako barushanwa, n’imurika...
Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire
Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi.
Soya, ni igihingwa cyo mu bwoko bw’ibinyamisogwe, ikabarirwa mu biribwa byubaka umubiri....
Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support
Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This initiative, which has been running for three...
Indyo y’umwana utangiye kurya igomba kuba ari inombe inoze – Inzobere mu mirire
Inzego z’ubuzima zigena ko umwana wujuje amezi atandatu, atangira guhabwa imfashabere kuko amashereka yonyina aba atagihagije ngo akuremo intungamubiri zose akeneye.
Cyakora, hari ababyeyi bavuga ko baha abana iyo mfashabere nyamara bikarangira...
Kutagaburira umwana amavuta bituma hari intungamubiri atabona
Inzobere mu mirire zigira inama ababyeyi kujya bashyira amavuta mu mafunguro bategurira abana babo kuko kutabikora bituma hari zimwe mu ntungamubiri z’ingenzi batabona kandi bariye ibiryo zirimo.
Abaganga batanga inama ko umwana...
























