Bill Gates na OMS bateguje icyorezo mu myaka 4 iri imbere
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryaburiye ibihugu bitandukanye ko bigomba kwitegura guhangana n’icyorezo gishya gishobora kwibasira Isi mu gihe cya vuba.
Ibi byatangajwe n’Umuyobozi mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus,...
Trump yakuyeho abashinzwe umutekano w’umujyanama we kuri COVID-19 Anthony Fauci
Ku wa gatanu tariki ya 24 Mutarama 2025, saa 3:04 z'umugoroba ku isaha ya EST / CBS/AP, Perezida Trump yakuyeho abashinzwe umutekano wa Dr. Anthony Fauci, umuhanga mu ndwara zandura wigeze...
Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje
Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu Karere ka Los Angeles no mu bice...
U Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti mishya ivura Malaria
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kuva kuri uyu wa mbere, tariki 6 Mutarama 2025, mu bitaro byo mu gihugu hatangira koherezwa imiti ibiri mishya ivura malaria, mu...
Imibu itera Malaria yahinduye amayeri: Minisante yasabye ko hakazwa ingamba zirengagijwe
Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu...
Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko
Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria, ku buryo ibikorwa byo gutera umuti wica...
Iminsi 42 nta bwandu bushya: U Rwanda rwatsinze Marburg
Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda (Minisante) yatangaje, kuwa Gatanu tariki 20 Ukuboza 2024, ko U Rwanda rwatsinze icyorezo cya Maburg mu buryo budasubirwaho, nyuma yo kumara iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bushya...
Marburg: Iminsi 21 irashize nta bwandu bushya bubonetse
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 21 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje.
Minisante yabitangaje kuwa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2024,...
Marburg: Iminsi 14 irashize nta bwandu bushya bubonetse
Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 14 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje.
Minisante yabitangaje mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki...
Misiri yabaye igihugu cya kabiri cya Afurika kiranduye Malaria
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS/WHO) ryemeje ko igihugu cya Misiri kitakirangwamo indwara ya Malaria, bituma kiba igihugu cya kabiri cya Afurika kigeze kuri iyi ntego, n'icya mbere...


























