Kugabanya Malaria ku gipimo cya 90%: Ni irihe banga abajyanama b’ubuzima bakoresheje?
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana , avuga ko abajyanama b’ubuzima bagize uruhare rukomeye mu gutuma Malaria igabanuka ku gipimo cya 90%.
Mu kiganiro abajyanama b’ubuzima bagiranye na Perezida wa Repubulika y’u...
U Rwanda rwatangiye gukingira indwara y’ubushita bw’inkende
Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, MINISANTE, yatangaje ko yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rw'indwara y'ubushita bw'inkende (Mpox) ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara
Mu butumwa iyi minisiteri yanyujije ku mbuga...
Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko
Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria, ku buryo ibikorwa byo gutera umuti wica...
Rwanda: Abantu batandatu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg abandi 20 bararwaye
Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda Dr.Sabin Nsanzima yatangaje ko icyorezo cy'indwara y'umuriro mwinshi, giterwa na Virus ya Marburg kimaze guhitana abantu batandatu mu gihe abandi 20 barwaye iki cyorezo.
Mu butumwa yanyujije ku...
Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje
Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu Karere ka Los Angeles no mu bice...
OMS yanyuzwe n’uburyo u Rwanda ruri guhashya virusi ya Marburg
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus yashimye uburyo u Rwanda ruri guhangana na Virusi ya Marburg, avuga ko bishimangira imbaraga igihugu cyashyize mu...
Akazi kose abantu bajyagamo karakomeza – Minisante ihumurije abaturage ku cyorezo cya Marburg
Minisiteri y'ubuzima, Minisante, yahumurije Abaturarwanda ko badakwiye gukurwa umutima n'icyorezo cya Marburg kuko iki cyorezo kitagiye guhagarika imirimo bakoraga.
Mu kiganiro Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yagiranye n’itangazamakuru, kuri uyu wa 29...
Imibu itera Malaria yahinduye amayeri: Minisante yasabye ko hakazwa ingamba zirengagijwe
Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu...
Urukiko rukuru rw’u bwongereza rwemeje ko abagore bahinduye igitsina batabarwa nk’abagore mu mategeko
Urukiko Rukuru rw’u Bwongereza rwafashe icyemezo gikomeye cy’uko abagore bahinduye igitsina (trans women) badahura n’igisobanuro cy’amategeko y’ijambo “umugore” nk’uko riboneka mu Itegeko ry’Uburinganire (Equality Act) ryo mu 2010. Iri tegeko rigamije...
Usanzwe ukoreshwa mu kuvura Covid-19: Menya Remdesivir, umuti ugiye guhabwa u Rwanda ngo uvure...
Ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, gikora imiti y'indwara z'ibyorezo zitandukanye cyitwa Gilead Sciences cyatangaje ko kigiye guha u Rwanda doze 5.000 by’umuti witwa Remdesivir wo kwifashisha mu kuvura...

























