Kugabanya Malaria ku gipimo cya 90%: Ni irihe banga abajyanama b’ubuzima bakoresheje?

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana , avuga ko abajyanama b’ubuzima bagize uruhare rukomeye mu gutuma Malaria igabanuka ku gipimo cya 90%.   Mu kiganiro abajyanama b’ubuzima bagiranye na Perezida wa Repubulika y’u...

U Rwanda rwatangiye gukingira indwara y’ubushita bw’inkende

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, MINISANTE, yatangaje ko yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rw'indwara y'ubushita bw'inkende (Mpox) ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara Mu butumwa iyi minisiteri yanyujije ku mbuga...

Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko

Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria, ku buryo ibikorwa byo gutera umuti wica...

Rwanda: Abantu batandatu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg abandi 20 bararwaye

Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda Dr.Sabin Nsanzima yatangaje ko icyorezo cy'indwara y'umuriro mwinshi, giterwa na Virus ya Marburg kimaze guhitana abantu batandatu mu gihe abandi 20 barwaye iki cyorezo. Mu butumwa yanyujije ku...

Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California

Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu Karere ka Los Angeles no mu bice...

OMS yanyuzwe n’uburyo u Rwanda ruri guhashya virusi ya Marburg

Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus yashimye uburyo u Rwanda ruri guhangana na Virusi ya Marburg, avuga ko bishimangira imbaraga igihugu cyashyize mu...

Akazi kose abantu bajyagamo karakomeza – Minisante ihumurije abaturage ku cyorezo cya Marburg

Minisiteri y'ubuzima, Minisante, yahumurije Abaturarwanda ko badakwiye gukurwa umutima n'icyorezo  cya Marburg kuko iki cyorezo kitagiye guhagarika imirimo bakoraga. Mu kiganiro Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yagiranye n’itangazamakuru, kuri uyu wa 29...

Imibu itera Malaria yahinduye amayeri: Minisante yasabye ko hakazwa ingamba zirengagijwe

Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu...

Urukiko rukuru rw’u bwongereza rwemeje ko abagore bahinduye igitsina batabarwa nk’abagore mu mategeko

Urukiko Rukuru rw’u Bwongereza rwafashe icyemezo gikomeye cy’uko abagore bahinduye igitsina (trans women) badahura n’igisobanuro cy’amategeko y’ijambo “umugore” nk’uko riboneka mu Itegeko ry’Uburinganire (Equality Act) ryo mu 2010. Iri tegeko rigamije...

Usanzwe ukoreshwa mu kuvura Covid-19: Menya Remdesivir, umuti ugiye guhabwa u Rwanda ngo uvure...

Ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, gikora imiti y'indwara z'ibyorezo zitandukanye cyitwa Gilead Sciences cyatangaje ko kigiye guha u Rwanda doze 5.000 by’umuti witwa Remdesivir wo kwifashisha mu  kuvura...

APLICATIONS

Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support

  Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This...

HOT NEWS