Rwanda: Amakuru mashya kuri Marburg – Abantu 8 bamaze gupfa abandi 18 barikuvurwa
Imibare mishya ya Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, yatangaje ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, yagaragaje ko umubare w'abantu bamaze kwicwa n'icyorezo cya Marburg wageze ku 8 mu...
Gusura abarwayi kwa muganga birahagaritswe mu gihe cy’iminsi 14 mu rwego rwo kwirinda...
Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutanaza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Marburg harimo no guhagarika ibikorwa byo gusura abarwayi mu mavuriro yose nibura mu gihe cy'iminsi 14.
Ni amabwiriza yasohotse ku mugoroba...
Akazi kose abantu bajyagamo karakomeza – Minisante ihumurije abaturage ku cyorezo cya Marburg
Minisiteri y'ubuzima, Minisante, yahumurije Abaturarwanda ko badakwiye gukurwa umutima n'icyorezo cya Marburg kuko iki cyorezo kitagiye guhagarika imirimo bakoraga.
Mu kiganiro Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yagiranye n’itangazamakuru, kuri uyu wa 29...
Rwanda: Abantu batandatu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg abandi 20 bararwaye
Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda Dr.Sabin Nsanzima yatangaje ko icyorezo cy'indwara y'umuriro mwinshi, giterwa na Virus ya Marburg kimaze guhitana abantu batandatu mu gihe abandi 20 barwaye iki cyorezo.
Mu butumwa yanyujije ku...
MINISANTE itanze ibisobanuro ku ndwara bivugwa ko iri guhitana abantu mu Rwanda
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara amakuru avuga ko mu Rwanda hari abantu barikwicwa n'indwara itaramenyekana, by'umwihariko abakora mu nzego z'ubuvuzi.
Mu itangaza Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, MINSANTE, yashyize hanze ku gicamunsi...
U Rwanda rwatangiye gukingira indwara y’ubushita bw’inkende
Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, MINISANTE, yatangaje ko yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rw'indwara y'ubushita bw'inkende (Mpox) ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara
Mu butumwa iyi minisiteri yanyujije ku mbuga...
Ni ubuntu ! RBC yahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara ya Hepatite B na C
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara y’umwijima (Hepatite), iterwa na virusi za B na C kandi ko kuyipimisha no kuyivuza "Ni ubuntu ku Banyarwanda n’impunzi zahungiye mu gihugu...
Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox)
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyemeje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi babiri b'indwara y’ubushita bw’inkende, Monkey Pox (Mpox), ndetse ko bari kwitabwaho n'abaganga.
Aganira n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazama(RBA), Dr. Edisson...
Abaganga b’abagore barahamagarirwa kwinjira mu mwuga wo kuvura hifashishijwe kubaga
Urugaga rw’abaganga b’igitsina gore bakora umwuga wo kuvura bifashishije kubaga, Women in Surgery Rwanda (WiSR), rurahamagarira abaganga abagore n'abakobwa kwitabira uyu mwuga kuko kugeza ubu umubare wabo ukiri hasi cyane ugereranyije...
Kugabanya Malaria ku gipimo cya 90%: Ni irihe banga abajyanama b’ubuzima bakoresheje?
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana , avuga ko abajyanama b’ubuzima bagize uruhare rukomeye mu gutuma Malaria igabanuka ku gipimo cya 90%.
Mu kiganiro abajyanama b’ubuzima bagiranye na Perezida wa Repubulika y’u...
























